Ku wa 20-21 Gashyantare 2026, ubuyobozi n’abakozi b’Intara y’Amajyepfo bagiriye urugendoshuri ku Ngoro z’Amateka zifite uruhare rukomeye mu mateka…
Guverineri KAYITESI Alice ari kumwe n'umuyobozi w'Akarere ka kamonyi Dr. NAHAYO Sylivere mu Murenge wa Rugalika yatangije ku rwego rw'intara…
Muri sale y'inama y'ibiro by'intara y'Amajyepfo Guverineri Alice Kayitesi ari kumwe n’umuyobozi w’urwego rw'Igihugu Rushinzwe iby'isanzure mu Rwanda(…
Mu Ntara y'Amajyepfo habereye Umwiherero w'Abayobozi w'iminsi ibiri kuva ku wa 30 kugeza 31 Kanama, 2023, uyu Mwiherero wabereye mu karere ka Huye…
ku wa 28 Nyakanga, 2023 Guverineri KAYITESI Alice afatanyije n'Abayobozi b'Uturere ndetse n’Urugaga rw’Abikorera (PSF) mu Ntara y’Amajyepfo, basoje…
Uyu muhango wabereye mu Murenge wa Muganza, umwe mu Mirenge ikora kuri Pariki ya Nyungwe mu Karere ka Nyaruguru aho abaturage bashyikirijwe…
Ubwo mu Ntara y’Amajyepfo hafunguraga ku mugaragaro imurikagurisha mu karere ka Huye, ari naho riri kubera ku nshuro ya 10, Minisitiri w’ubucuruzi…
Guverineri Alice KAYITESI ari kumwe n’itsinda ririmo Umuyobozi w'Urwego rw'igihugu rushinzwe kugenzura iyubahirizwa ry'ihame ry'uburinganire…
Uyu munsi ku wa 13 Kanama Guverineri n'Umuyobozi w’Akarere ka kamonyi Dr. NAHAYO Sylvere bifatanyije na Eglise Presbytérienne au Rwanda (EPR)…
Ubwo hirya no hino mu gihugu bizihizaga umuganura, bishimira ibyo bagezeho banafata ingamba z’uko bazitwara mu bihe biri imbere, Guverineri Alice…
Taliki ya 18.07.2023 mu Turere tugize Intara y'Amajyepfo hatangijwe ubukangurambaga bw'iminsi mirongo ine ( 40 days) bwo gukemura Ibibazo…