INTARA Y'AMAJYEPFO
Intara y’Amajyepfo iherereye mu Majyepfo y'u Rwanda ikaba ihana imbibi na: Mu majyaruguru: Umujyi wa Kigali;I Burasirazuba: Intara y’Iburasirazuba;I Burengerazuba: Intara y’Iburengerazuba;Mu majyepfo: Igihugu cy'Uburundi. Intara y'Amajyepfo igizwe n'Uturere 8 ndetse n'imirenge 101,Ikicaro cy'Intara giherereye mu karere ka Nyanza, umurenge wa Busasamana, akagari ka Nyanza.
Imiterere y'Intara y'Amajyepfo
5701
Ubuso/km2
...
Ubucucike/km2
3,002,699
abaturage
8
Uturere
101
Imirenge
532
Itugari
INSHINGANO Z'INTARA
1° Gukurikirana no kugira inama Uturere mu ishyirwa mu bikorwa rya gahunda za Leta;
2° Gukorera Uturere ubuvugizi;
3° Kugira inama Uturere ku bikorwa by’amajyambere;
4° Kwita ku bikorwa byo kubungabunga umutekano w’abantu n’ibintu;
Madame Alice KAYITESI
Guverineri w'Intara
+250788380140
akayitesi@southernprovince.gov.rw
Madame Alice Kayitesi ni Guverineri w'intara y'Amajyepfo guhera ku itariki ya 14 Nyakanga 2020. Guverineri ahagarariye Leta y’u Rwanda mu Ntara kandi ni we ushinzwe guhuza ishyirwa mu bikorwa ry’inshingano z’Intara. Mu mirimo ye ya buri munsi, afashwa n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara.
NSENGIYAREMYE Jean Pierre
Best Employee of the Year 2024-2025
Public Relations Officer