Ku wa 20-21 Gashyantare 2026, ubuyobozi n’abakozi b’Intara y’Amajyepfo bagiriye urugendoshuri ku Ngoro z’Amateka zifite uruhare rukomeye mu mateka…
Ku wa 18 Mutarama 2024, Minisitiri muri minisiteri y’ubuzima NSANZIMANA Sabin ari kumwe na Guverineri Kayitesi Alice ndetse n'ubuyobozi bw'Akarere…
Ku wa 09 Mutarama 2024, ikigo cy’igihugu cy’Ibarurishamibare cyagaragarije ubuyobozi bw’Intara y'amajyepfo, Ubuyobozi bw’Uturere n'abandi…
Ku rwego rw'Intara, mu mudugudu wa Rwimondo, Umurenge Rugalika akarere ka kamonyi habereye ibirori byo gusoza ibikorwa by'Itorero ry'Inkomezabigwi…
ku wa 13 Ukuboza 2023, mu karere ka Gisagara habereye ibiganiro bigaruka ku ruhare rw'inzego z'ibanze mu kwimakaza ihame ry'Uburinganire no kurwanya…
ku wa 6 ugushyingo 2023, Mu Karere ka muhanga habereye inama nyunguranabitekerezo y'Abafatanyabikorwa mu Iterambere (JADF) ku rwego rw'Intara…
Ku wa 28 Ugushyingo 2023 i Nyanza hateraniye inama iganira ku kurwanya Malaria mu byiciro bitandukanye ku rwego rw'Intara, yateguwe n'urugaga…
Tariki ya 25 ugushyingo 2023, Umuganda rusange usoza ukwezi kw'Ugushyingo ku rwego rw’intara y’amajyepfo wabereye ku musozi wa Kantare umurenge wa…
Ku wa 21 Ugushyingo 2023, Guverineri Kayitesi Alice ari kumwe n'umuyobozi w'Akarere ka Nyamagabe ndetse n'umuyobozi w’ingabo basuye ibikorwa by'…
Kuri uyu wa mbere Taliki ya 06 Ugushyingo 2023 Abahinzi bo muri Koperative IABM Makera mu karere ka Muhanga baramukiye mu gikorwa cyo kubagara no…
Kuri uyu wa 31 Ukwakira 2023 mu Ntara y’Amajyepfo I huye, hateraniye urubyiruko rusaga igihumbi rwaturutse mu turere twose tugize iyi ntara mu…