Urugendoshuri rw’Ubuyobozi n’Abakozi b’Intara y’Amajyepfo ku Ngoro z’Amateka

Ku wa 20-21 Gashyantare 2026, ubuyobozi n’abakozi b’Intara y’Amajyepfo bagiriye urugendoshuri ku Ngoro z’Amateka zifite uruhare rukomeye mu mateka…

Read more →

gutangiza Urugerero rudaciye ingando rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 12, ku rwego rw'Igihugu, byatangirijwe mu karere ka kamonyi

Ku wa 13 Mutarama 2025 habaye  igikorwa cyo gutangiza Urugerero rudaciye ingando rw'Inkomezabigwi icyiciro cya 12, ku rwego rw'Igihugu,  mu Kagari ka…

Read more →

Abasaga 700 baturutse mu mirenge 14 igize Akarere ka Nyaruguru bahuriye mu Nama Nyunguranabitekerezo ku kwimakaza ubumwe n’ubudaheranwa.

Iyi nama yateguwe ku bufatanye na Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, yahurije hamwe abarimo abayobozi mu nzego za Leta,…

Read more →

Ku bufatanye na COOPRORIZ Buri MUNYAMURYANGO afite inka yaguze kandi bizigamira arenga miliyoni 14.163 muri Ejo Heza BURI MWAKA !

Cooproriz Gatare yo mu karere ka Gisagara, umurenge wa Musha ihinga umuceri, yatangiye mu myaka ya 1990. Abantu bahingaga mu dutsinda twitwaga…

Read more →

Uruganda rwa Anjia Rukora sima, imwe mu nkingi y’Iterambere ry’Akarere ka Muhanga

Ikigo West Holding Group, nyiri Anjia Prefabricated Construction Rwanda Company Ltd, kimaze gushora miliyoni 100 z’amadolari y’Amerika mu ruganda…

Read more →

i Huye hari kubakwa umuturirwa wiswe Huye Trading Company(HTC) uzatwara miliyari 10 Frw

Mu Karere ka Huye, hari kubakwa umuturirwa mushya wiswe Huye Trading Company (HTC), uzatwara miliyari 10 Frw. Uyu mushinga uteganyijwe kumara imyaka…

Read more →

Intara y’Amajyepfo yihariye imishinga ibihumbi 3400 yose hamwe yatewe inkunga na BDF

Ku wa 12 Ukuboza 2024 Mu karere ka ‪Nyanza habereye inama itangiza  ubukangurambaga na ‪BDF bwo kumenyekanisha serivisi, bwiswe"BIRASHOBOKA na BDF".…

Read more →

Sobanukirwa Gahunda y'igitondo cy'isuku iba buri wa 2 w'icyumweru

Mu 2022, mu Turere twose tw’Intara y’Amajyepfo, hatangijwe gahunda y’Igitondo cy’Isuku igamije gufasha abaturage guca ukubiri n’umwanda. Iyi gahunda…

Read more →

Kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w'Abantu Bafite Ubumuga mu Ntara y'Amajyepfo

Ku ya 3 Ukuboza 2023, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu, Madamu Kayisire Solange, ari kumwe na Guverineri w'Intara…

Read more →

Inama ku Isuzumamigendekere y’Amatora ya Perezida wa Repubulika, Abadepite n’Abasenateri mu Ntara y’Amajyepfo

Ku wa 26 Ugushyingo 2024, mu Karere ka Muhanga habereye inama iganira  ku isuzumamigendekere y’amatora ya Perezida wa Repubulika, Abadepite…

Read more →

Ibirori byo Gutangiza Icyumweru cyo Kwimakaza Ihame ry'Uburinganire mu Ntara y'Amajyepfo

Ku wa 26 Ugushyingo 2024, mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Busanze habereye ibirori bikomeye byo gutangiza icyumweru cyo kwimakaza ihame…

Read more →