Ku wa 26 Gicurasi 2026 itsinda riyobowe na Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, hamwe n’abagize Komite y’Umutekano y’Intara basuye Uruganda rw’Imyumbati…
Ibi babigaragaje mu muhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abafite ubumuga, wizihirijwe mu Karere ka Nyamagabe, aho Nyakubahwa Umunyamabanga wa…
Ubuyobozi bw'Intara y'Amajyepfo buhagarariwe na Nyakubahwa Guverineri, CG Emmanuel K. GASANA, n'urwego rw'umuvunyi ruhagarariwe n'Umuvunyi mukuru…
Intara y’Amajyepfo, yifatanyije n’Akarere ka Ruhango, mu kwizihiza no kwakira ibikorwaremezo bijyanye n’isuku n’isukura bagejejweho ku bufatanye…
Ku nsanganyamatsiko igira iti, "Dutange imisoro, twiyubakire u Rwanda twifuza, Umunsi Ngarukamwaka w'abasora, wizihijwe kuri uyu wa kane tariki 14…
Nyakubahwa Guverineri, kuri uyu wa Kane taliki ya 07 Ugushyingo 2019, yayoboye umuhango w’ihererekanyabubasha, hagati y’Umunyamabanga Nshingwabikorwa…
Ibi byagaragajwe nama ku guteza imbere ufatanye hagati ya Leta n’abikorera mu Ntara y’Amajyepfo, kuri uyu wa kane tariki 07 Ugushyingo 2019,…
Kuri uyu wa 17 Kanama 2019, mu Karere ka Ruhango, mu Murenge wa Mwendo hasorejwe ku rwego rw'Igihugu Ukwezi kwahariwe ibikorwa bya Police y'Igihugu…
Mu Karere ka Nyamagabe, kuri uyu wa 10 Kanama, mu Murenge wa Cyanika, Ubuyobozi bw'Intara bwifatanyije n'Abaturage, kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga…
Ku nsanganyamatsiko igira iti: "Intara y'Amajyepfo, haranira u Rwanda rukeye, rutoshye kandi rutekanye".Uyu munsi nk'uko byakozwe n'ahandi mu Turere…
Ubuyobozi bw'Intara y'Amajyepfo buhagarariwe na Guverineri, CG Emmanuel K. GASANA, Kuri uyu wa 05 Kanama 2019, bwasuye kandi bugirana inama…